Jump to content

Umupira w’amaguru

Kubijyanye na Wikipedia
Image
Umupira w’amaguru
Image
1alessandromartinelli2015
Image
Mu mupira w'amaguru, intego y'ibanze y'abafana ni ugushishikariza ikipe yabo mugihe cy'umukino
Image
Boys playing street football in Egypt
Image
Football Playing
Image
Umukino w'umupira wamaguru ubamo urukundo
Image
Umukino Utuma abana bagirana ubushuti.

Umupira w’amaguru (izina mu cyongereza Football ) ni umukino.[1]

Muri iki gihe hari byinshi bivugwa ku buryo amategeko y’umupira w’amaguru asigaye ateye, ibi akenshi bigaragara iyo igitego cyanzwe, nibwo abafana bava ku kibuga bijujuta bikomeye cyane bavuga ko bibwe, maze bakishyiriramo abasifuzi nyamara abasifuzi baba barengana kuko akenshi iyo babonye ibyabereye mu kibuga neza bitabacitse baba bakurikije amategeko ya FIFA nkuko abivuga.

Iyo witegereje neza ukareba itegeko rya 11 rivuga amakosa, hari byinshi ritwereka nko mu gika cyaryo cya mbere aho basobanura ikosa icyo ari cyo.

Abantu bakunda umupira w’amaguru.

Uko bigenda ahantu hose ku isi hari coach (umutoza) ushinzwe ibyo mu kibuga hakaba Team manager (umyobozi ushinzwe kumenya ibibazo by’abakinnyi ndetse n’uburyo bahagaze ku mikinire), coach (umutoza) afite ushinzwe kumenya Forme manager (ushinzwe kumenya uko abakinnyi bahagaze) z’abakinnyi akamenya ni ba coach (umutoza) atanga imyitozo, akanahuza coach (umutoza) na Direction (ubuyobozi) nk’iyo hari ikibazo.

Ariko mu guhamagara abakinnyi ni coach (umutoza) ubahamagara, ariko team manager (ushinzwe kureba uburyo abakinnyi bahagaze) aba yararangije kumubwira abafite forme (abahagaze neza), donc (ni ukuvuga) by’umvikana ko ari ibintu bitatu bitandukanye kandi team manager (ushinzwe abakinnyi) hari n’abatamushaka bagashyiraho directeur technique (umuyobozi ushinzwe tekinike).

Image
umupira
  1. https://news.ihirwe.com/2024/11/why-cristiano-ronaldo-remains-number.html